Ifishi isabirwaho kudasibizwa muri Gahunda yo gusoma neza ku kigero giteganywa cy’umwaka wa 3
Usabwe kuzuza iyi fishi maze ukayitanga mu gihe kitarenze iminsi 30 ibarwa uhereye igihe wakiriye ibaruwa y’umuryobozi w’urwunge rw’ibigo by’amashuri usaba ko umwana wawe adasibizwa nk’uko biteganywa n’itegeko ryerekeye Gahunda yo gusoma neza ku kigero giteganywa cy’umwaka wa Gatatu. Umuyobozi w’urwunge rw’amashuri ntabwo yemera ko habaho gusibira mu gihe cy’icyorezo, kandi azemeza ubusabe bwose ko abana badasibizwa. Umuyobozi w’Urwunge rw’Ibigo by’Amashuri wacu azagusangiza amakuru mashya yerekeye isibizwa ry’umwana wawe.
Sign in to Google to save your progress. Learn more
Izina rya mbere ry’Umubyeyi/Umurezi *
Izina rya nyuma ry’Umubyeyi/Umurezi *
Amazina yose y’Umunyeshuri *
Nomero ya telefone y’umubyeyi/Umurezi
Imeyiri y’Umubyeyi/Umurezi
Submit
Clear form
Never submit passwords through Google Forms.
This form was created inside of Grand Rapids Public Schools. Report Abuse